in

Amakipe( Clubs) 10 iyo yahuye isi yose iba iyarangamiye ( ‘’ Derbies/ Rivalries’’)

Umupira w’amaguru nikimwe mubintu bikunzwe kucyigero cyohejuru aho usanga rimwe na rimwe ushobora nogutera amacyimbirane kubawukurikiye bakaba bamwe banahasiga ubuzima ndetse sibyo gusa ibiba biri kubera inyuma y’ikibuga no mu kibuga iyo bibaye ngobwa harigihe bakinzwa n’umusifuzi cyangwa nawe akaba yahakubitirwa.

 

Uyu munsi rero yegob yabateguriye byibuze imikino ihuruza imbaga ndetse ikaba yuzuyemo n’ihangana.

 

1. Kumwanya wa mbere tuhasanga umukino uhuza amakipe akunzwe cyane muri Espain ‘’ El clasico’’ uyu n’umucyino uhuruza imbaga nyamwinshi ziturutse imihanda yose y’Isi dore ko nawe uri gusoma iyi nkuru ushobora gusanga harimo ikipe wihebeye uhora wumva yatsinda, uyu rero ni umukino uhuza FC Barcelona na Real Madrid ni umukino watangiye gukinwa kuya 13 Gicurasi 1902.

 

2. Ku mwanya wa kabiri turahasanga umukino w’amakipe yo mu Butaliyani ‘’Derby della Mdannina’’ (Milan) uyu nayo ni umukino ukurikirwa nabatari bacye cyane ko uri mu mikino ikunzwe cyane kw’isi n’umukino uhuza amakipe abiri yo mu mujyi umwe wa ‘’Milan’’ aho uhuza Inter Milan na AC Milan ni umukino watangiye kuginwa kuya 10 Mutarama 1909

 

3. Ku mwanya wa gatatu turahasanga ni umukino wo mugihugu cy’u Bwongereza “North west derby” ni umuki uhuza Manchester unity na Liverpool FC ni umukino wabaye bwambere kuya 28 Mata 1894.

 

4. Ku mwanya wa kane turahasanga ‘’ Manchester Derby” ni umukino wo mu gihugu cy’ubwongereza aho Manchester united itana mu mitwe na Manchester city ni amcyipe yatangiye guhangana kuya 12 Ugushyingo 1881.

 

5. Ku mwanya wa gatanu turahasanga “Derby d’Italia” ni amkipe yo mu Butaliyani ariyo Juventus na Milan Inter ni umukino 14 Ugushyingo 1909.

 

 

6. Ku mwanya wa gatandatu turahasanga “Der Klassiker” ni umukino uhuza amakipe abari akunzwe mu gihugu cy’u Budage ariyo Bayern Munich ndetse na Borussia Dortmund ni umukino wakinwe bwambere kuya 16 Ukwakira 1965.

 

 

7. Ku mwanya wa karindwi turahasanga “The North London Derby” ni umukino uhuza amakipe abiri yo mu Bwongereza Arsenal FC na Tottenham Hotspur ni umukino watangiye gukinwa kuya 4 Ukuboza 1909.

 

8. Ku mwanya wa Munani turahasanga “El Derbi Madrileno” (Madrid Derby) ni umukino uhuza amakipe yo mu mujyi umwe wa Madrid ariyo Atletic Madrid na Real Madrid zo muri Espain umukino wambere bawukinnye kuya 2 Ukuboza 1906.

 

9. Ku mwanya wa cyenda turahasanga “Paulista Derbay” ni umukino w’amakipe yo muri Brazil iyitwa Corinthians na Palmerias amakipe akomeye hariya mu gihugu cya Brazil ndetse nibindi bihugu byo muri Amerika yepfo ndetse nahandi kw’isi hatandukanye.

 

10 . Ku mwanya wacumi turahasanga “The Merseyside Derby” ni umukino uhuza Everton FC na Liverpool FC watangiye gukinwa kuya 13 Ukwakira 1894.

 

Reka ducumbikire aha indi mikino tuzayigarukeho munkuru ikurikira.

Written by Kubwayo Mc croix

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250 722 452 338

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

“Maze kumva icyo amategeko ategeka abashinguranywe” gusezerana bikomeje kuba ingora bahizi noneho umugore akoze agashya no gusubiramo ibyo bamubwiye biramunanira

Yemeye azamura ivara hafi kuyigeza mu mutwe! Umuhanzikazi Linda Kamikazi wakoze ubukwe n’umugabo Eddie Mico yatunguranye ubwo yarari kubyina (Reba amashusho)