in

NdabikunzeNdabikunze

Amagambo umufasha wa Riderman yabwiye abana b’impanga babo bujuje amezi atanu.

Abinyujije kuri konti ye ya Instagram, Miss Nadia yashyize hanze amafoto y’abana be babiri b’abakobwa bavukiye rimwe, maze ayaherekeresha ubutumwa bubataka, bubasabira umugisha ku Mana, abasaba kuzerera imbuto z’umugisha buri wese.

Muri ubwo butumwa, Miss Nadia yanditse yifuriza abana be Randa na Kamba bizihiza amezi atanu bamaze bavutse, maze asaba Imana kuzarinda ibiganza byabo, abasabira ubuzima bwiza, amahoro, umunezero n’igikundiro.

Yagize ati’’ Imana ibampere ubuzima bwiza, amahoro ,umunezero ,igikundiro,ubwenge, ubupfura, ibyiza byose bituruka ahera .Muzerere buriwese imbuto z’umugisha kandi intambwe zanyu zijye ziyoborwa n’Uwiteka akomeze abakurize mu buntu bwe . Turabakunda cyane abeza bacu Kamba na Randa.’’

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Miss Keza Joannah yakoze ubukwe bubereye ijisho (Amafoto)

Umva Inama Itangaje Shaddyboo agiriye Ikipe Y’Amavubi Nyuma Yo Gutsindwa na Kenya 2-1