in

Amafoto ushobora kuba utarabonye y’ubukwe bwa Gatera wa RBA.

Umunyamakuru Gatera Edmond wamenyekanye cyane mu byegeranyo by’imikino mu kiganiro Urubuga rw’Imikino cya Radio Rwanda yasezeranye imbere y’amategeko na Mukarugamba Geneviève.

Ubukwe bw’uyu munyamakuru bwabereye mu Ntara y’Amagepfo akarere ka Nyanza kuri iki cy’umweru tariki ya 29 Kanama mu rusegero rwa Evangelical Restoration Church Nyanza, aho bwabanjirijwe n’imihango yo gusaba no gukwa yabereye mu Busitani bwa Dayenu Hotel i Nyanza.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Mwumve ikibazo mfitanye n’umugabo wanjye, ndaremerewe pe| Ese niyahure? Mungire inama

Ibyo Umukinnyi w’imena w’Amavubi yavuze nyuma yo gusezererwa muri #Afrobasket