in

AMAFOTO; Umugore yakoze akarasisi yambaye ubusa buri buri imbere y’abantu mu rwego rwo kwishimira igikombe cy’isi Argentin yatwaye

Umugore yishimiye intsinzi y’igikombe cyisi cya Arijantine agenda yambaye ubusa ku rwibutso rwa Obelisk ruherereye Buenos Aires.

Uyu mugore yakoze ibi nyuma y’imyaka 12 Diego Maradona asezeranije abanyarijantine gukuramo imyenda nyuma y’uko ikipe ye yari kwegukana Igikombe cy’isi muri 2010 cyabereye muri Afurika y’epfo.

Uyu mugore yakoze akarasisi yambaye ubusa imbere y’imiryango ifite abana bato nta nubwo yigeze yita ku byo guhisha ibice bye.

Uyu mugore yakomeje agenda mu muhanda abyina imbyino ziganisha ku mibonano mpuzabitsina mu gihe ibihumbi by’abafana byamwishimiye kandi bazunguza amabendera.

Diego Maradona yasezeranije gukuramo imyenda ye kuri Obelisk akiruka azenguruka urwibutso niba Arijantine yatwaye igikombe cy’isi cya 2010 ubwo yari umutoza w’ikipe y’igihugu. Gusa ntibyaye kuko baviriyemo muri kimwe cya kane kirangiza nyuma yo gutsindwa n’Ubudage 4-0.

Written by OLIVIER NTANTURO

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Kigali: nonaha fuso ikoze impanuka ikomeye(amafoto)

Miss Muheto Divine yakorewe ibintu bidasanzwe ku munsi w’isabukuru ye y’amavuko(videwo)