in

Amafi atagira ingano yasanzwe mu mugezi yapfuye

Amafi arenga miliyoni yasanzwe yapfuye
Amafi arenga miliyoni yasanzwe yapfuye

Mu majyepfo ashyira Uburasirazuba bw’Igihugu cya Australia ,muri New South Wales  ,mu mujyi wa Menindee , mu mugezi wa Darling-Baaka River amafi abarirwa mu ma miliyoni yasanzwe yapfuye.

Ikinyamakuru Bbc kikavuga ko ngo aya mafi yishwe n’ubushyuhe bukabije buri muri iki gihugu ,ku buryo ngo ayo mafi yabuze umwuka uhagije  bigatuma apfa, ndetse ngo ibi bikaba byaherukaga kuba mu myaka 3 ishize .

Ibi ngo bikaba byarabaye mu ijoro ryo kuwa kane tariki  16 Werurwe 2023.

Amafi arenga miliyoni yasanzwe yapfuye
Amafi arenga miliyoni yasanzwe yapfuye

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Kwizera Olivier yasimbujwe umuzamu batari barahamagaye mu ikipe y’igihugu u Rwanda Amavubi

Cristiano Ronaldo yishimiye cyane igitego yatsinze agira nicyo agitangazaho