in

Akomeje gutungura benshi nyuma yo kwishyira mu byago byatumye amagufwa y’umutwe yangirika.

Kuri iyi si hari abantu benshi usanga batandukanye abenshi batandukanijwe nibyo bakora bigenda bitera bamwe ubwoba ugasanga abandi babifata nk’ubusazi.

Mu gihigu cy’ubwongereza niho habereye ibi bitangaza ubwo umwe mu bakina umukino wo gutwara amafarashi yishyize mu byago nyuma yo gukorwa impanuka bikamuviramo gutakaza amwe mu magufwa y’umutwe we.

Ni nyuma y’uko agarutse mu myitozo nyuma y’igihe kingana n’imyaka ikenda yose yari amaze arwaye ingaruka zaturutse ku mpanuka y’igeze gukora bigatangazwa ko apfuye mu gihe kingana n’amasegonga 7 yose gusa nyuma akaza kuzanzamuka.

Uyu mugabo akaba yitwa Brian Toomey asazwe akina umukino wo kwirukanka ku ifarashi mu marushanwa mpuzamahanga.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

“Cyakoze Kimenyi azi guhitamo…” amashusho ya Kimenyi asoma Miss Muyango yagarutsweho n’abafana

Mukobwa, ntuzigera ubabara na rimwe niba ukundana n’umusore uteye atya