in ,

Akabyiniro Kararikoze! Umusore Yateraguye Icyuma Umukunzi We Amusanganye N’undi Mugabo Mukabari

Ku cyumweru nimugoroba, umusore ukomoka mu gace ka Kangema mu ntara ya Muranga yateye icyuma umukunzi we w’imyaka 27 nyuma yo kumusangana n’undi mugabo.

Patrick Chege, ufite imyaka 20, yateye icyuma umukobwa witwa Millicent Wanjiru nyuma yo kumusanga afashe undi mugabo mu kabari kahitwa Kanorero.

Saa kumi n’igice z’umugoroba, Chege yitanze kuri sitasiyo ya polisi ya Kangema aho yahise afungirwa abapolisi batangira iperereza.

Ukekwaho icyaha yavuze ko yarakaye nyuma yo kubona umukunzi we ari kumwe n’umugabo mu kabari yakoragamo nk’umwe mubatanga inzoga kubakiriya.

Abari mu kabari bavuga ko haje kubaho akaduruvayo igihe Chege yageraga mu kabari mbere yo gukuramo icyuma mu mufuka maze atera umukobwa mu ijosi no mu gituza.

Written by Social Mula

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ibyo Ariel Wayz yabwiye Juno Kizigenza ku isabukuru ye y’amavuko

Ibidasanzwe wamenya ku mukobwa muto wiyubakiye amazu y’agatangaza.