in ,

Aka ni akumiro: Aya mashyari y’aba bagore babiri b’ibyamamare yahungabanyije abantu benshi (isomere)

Abagore babiri aribo Bernice Burgos na Tiny biravugwa cyane ko bafitanye amashyari akomeye cyane. Aya mashyari hagati y’aba bagore babiri araterwa nuko bombi bari muri BET Awards bakaba bose bafite ibihembo bahataniye muri iri rushanwa.

Tiny & Bernice Burgos
Tiny & Bernice Burgos

Biravugwa ko Tiny afitiye ishyari rikomeye cyane Bernice Burgos bari kumwe muri BET Awards Championship. Tiny akaba yifuza ko Bernice Burgos yakurwa muri ayo marushanwa burundu gusa nta mpamvu simusiga atanga yatuma Bernice akurwa muri iri rushanwa bigaragara ko ari ishyari amufitiye. Abantu benshi hirya no hino ku isi bagiye bavuga kuri aya mashyari bavuga ko bidakwiye ko bagirana amashyari ageze aho kubeshyerana mu marushanwa akomeye nk’aya. Ibi bibaye nyuma yuko Tiny atangaje ko agiye kwibanira na T.I mu ntangiriro z’iki cyumweru ndetse akanareka abana be nabo bakaza, bakabana nk’umuryango umwe.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Dore amabanga atanu akomeye utaruzi ku buzima bwa Malia Obama

Isomere amagambo ateye urujijo Tom Close yatangaje kuri Instagram yavuzweho na benshi