in

Aka kanya, Kigali habaye impanuka ishobora kuba ariyo mbi muri uyu mwaka wose

Mu kanya gashize, impanuka ikomeye imaze kubera ahazwi nka Zindiro mu Murenge wa Bumbogo mu Mujyi wa Kigali, aho ikamyo yo mu bwoko bwa Fuso yacitse feri igonga abantu n’inzu z’ubucuruzi.

Ntiharamenyekana umubare w’abitabye Imana n’abakomeretse gusa ni impanuka ibaye Kandi ikomeye cyane ku buryo n’ubwo imibare itari yamenyekana ariko abantu baba bahakomerekeye ari benshi cyane.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
1 Comment
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments
Regis
1 year ago

Murabeshya wana

Abahanzi bazataramana na Diamond muri BK Arena bamenyekanye n’ibiciro byo kwinjira uko bihagaze

« Nzahorana nawe umutima wanjye urawufite… » – Chiffa wakundanaga na Yvan Buravan yongeye kugaragaza amarangamutima ye