in

Aisha uheruka kurongorwa na Sadio Mane yatangaje amagambo akomeye ku buzima bushya

Aisha Tamba w’imyaka 18 uheruka kurongorwa na Sadio Mane yatangaje ko amafaranga n’ubwamamare bitazamuhindura.

yaganiriye n’ikinyamakuru Daily Mail avuga ko kuba yarashakanye n’umugabo uzwi ndetse ufite amafaranga bitazigera bimuhindura.

Yagize ati “Ndimo kureba imbere ubuzima bwanjye bushya kandi nzi ko buzaba butandukanye cyane. Ariko nta gitutu numva mfite kubera ko ubwamamare n’amafaranga bya Sadio Mane ntabwo bizampindura.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Mukanya gashize ku Muhima habaye impanuka iteye ubwoba ya moto kuburyo hamenetse amaraso menshi

Umuhanda Huye-Nyamagabe imvura yawuciyemo kabiri -Amafoto