in

Aho yonnye ihoramo, ubuhehesi bwa Diamond Platnumz bwatumye Zuchu amufungira amazi n’umuriro byazimyaga irari rye

Aho yonnye ihoramo, ubuhehesi bwa Diamond Platnumz bwatumye Zuchu amufungira amazi n’umuriro byazimyaga irari rye.

Diamond Platnumz yafungiwe ibyo yahabwaga na Zuchu bari mu rukundo nyuma yo kugaragara asomana n’undi mukobwa w’ikizungerezi.

Mu mashusho yakuwe muri Filime y’uruhererekane uyu muhanzi agaragaramo, agaragaza Diamond ari gusomana n’undi mukobwa.

Nyuma y’ayo mashusho umwe mu bakozi ba Diamond Platnumz yagiye kuri Instagram ye maze abaza Zuchu ukuntu yiyakiriye.

Mu burakari bwinshi cyane, Zuchu yasabye Diamond Platnumz kwijyaho (kwikorera igikorwa cy’abashakanye wenyine)

Written by GUTER

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ihere ijisho n’umusore busore ndakurahiye: Rigoga Ruth yatumye abantu bavuga urwanga ruraza kubera ifoto y’inkumi yitereye nka Rutambi (ifoto)

“N’icy’umubu ntiyagitwara” Hagaragaye amashusho y’umunyakuru wari waravuze ko Kiyovu Sports itazigera itwara igikombe nta kimwe (video)