in

Aho abaganga babona ko bidashoboka Imana ibigira ibishoboka, reba umwana utarahabwaga amahirwe yo kubaho kubera kuvuka atujuje n’inusu(Amafoto)

Umwana wavutse apima ibiro nk’ibyumugati bingana n’amagarama 535g gusa inkuru nziza ni uko amaherezo uyu mwana yasubiye murugo nyuma y’amezi atanu mubitaro arwana n’ubuzima.

Lauren Ormston, ufite imyaka 27, yibarutse umwana biba ngombwa ko bamara ibindi byumweu 23 mu bitaro, nyuma yo kwibaruka imburagihe mu bitaro bya St Peter, Surrey, mu Bwongereza ku ya 4 Werurwe 2022.

Byababaje ababyeyi cyane , Lauren n’umukunzi we Oliver Dewey w’imyaka 31,icyabateye agahinda cyane ni uko abaganga bahaye uyu mwana wabo Isla amahirwe yo kubaho 10% gusa kuko yari muto cyane abaganga bumvaga ko atarokoka.

Nyuma yo kumara amezi atanu mu bitaro, Isla, ubu yaje gusezererwa ku ya 12 Nyakanga 2022 kandi yasezerewe afite icyizere cyo kubaho 100% ubu ni umwana mwiza nkabandi.

Written by OLIVIER NTANTURO

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Kate Bashabe yagaragaye mu mwambaro mugufi arimo kurya ubuzima ari kumva odeur ya ocean

Amashirakinyoma ku bibaza impamvu batabonye ikipe ya Arsenal itombora muri Uefa Europe league kandi yarakomeje