in

Aherekejwe na Nyina, Umuramyi Aline Gahongayire yatunguye umubyeyi yafashije agiye kwiyahura we n’abana be babiri

Aherekejwe na Nyina, Umuramyi Aline Gahongayire yatunguye umubyeyi yafashije agiye kwiyahura we n’abana be babiri.

Binyuze mu muryango ‘Ndineza Organisation’, Aline Gahongayire yagaruriye icyizere umubyeyi witabye Mukamwezi Alice wari wara tekereje kwiyahura, ni nyuma y’uko umugabo we yitabye Imana muri Covid-19 akamusigira abana babiri.

Uyu mubyeyi yashimye Gahongayire kubwo kwita ku bana be mu gihe yari yarabamusigiye, kandi asezeranya ko atazongera gutekereza kwiyahura.

Mu ijoro ryakeye Gahongayire yamusuye amwereka ko atari wenyine ndetse anamugaragariza urukundo rwo ku rwego rwo hejuru.

 

 

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Ntakunu abagabo ba Nyina batamushegera! Dore ubwiza n’imiterere bya Paula Kajala usangira abagabo na Mama we(Amafoto)

Byatunguye benshi: Mu ibanga rikomeye hagaragaye umwana wa Seburikoko (Ifoto)