in

“Agitindaho cyane iyo ari muri dushe” Shaddy Boo yavuze ibintu abanza gukora mbere yo kujya koga ndetse anavuga igice atindaho cyane iyo ari koga (Videwo)

Mbabazi Shadia wamamaye ku mazina ya Shaddy Boo, yabajwijwe bimwe mu bibazo by’amatsiko akora mbere ndetse no mu gihe ari koga muri dushe.

Ubwo yabazwaga ibyo akora mbere yo kujya muri dushe, Shaddy Boo yavuze ko abanza gukuramo imyenda, akanywa amazi, ubundi akireba mu ndorerwamo.

Abajijwe igice cy’umubiri we atindaho cyane iyo ari koga, Shaddy Boo yasubije ko ari amaguru ye.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Igikombe yagituye Mama we! Ubwo APR FC yegukanaga igikombe Mugisha Bonheur yagaragaje umwenda w’imbere wari wanditseho amagambo azirikana Mama we witabye Imana – IFOTO

Inkuru nziza cyane kandi yihutirwa kuri Mukunzi Yannick wari waraburiwe irengero mu ikipe y’igihugu