in

NdababayeNdababaye NdabikunzeNdabikunze NDASETSENDASETSE

Agahinda k’umugabo ufite ubugabo buto budahaza umugore we agakora amabara.

Umugabo wo muri Uganda ari mu gahinda kenshi nyuma yaho yisanze afite igitsina gito bigatuma umugore we afata amafoto y’ibitsina binini by’abagabo akinisha.

Uyu mugabo utatangajwe amazina, avuga ko abana n’ikimwaro no kubura uburyo yihanangiriza umugore we kwikinisha kuko azi inkomko yabyo. Uyu mugabo avuga ko akunda umugore cyane nawe akamukunda ariko byagera mu buryo by’imibonano mpuzabitsina umugabo akibura bikarakaza umugore.

Umugabo yagize ati “Ndamukunda nawe arankunda cyane ariko ntabwo igitsina cyanjye kimunyura na gato. Arinubira ko ntacyo mumarira mu buriri ariko nanjye nzi neza ko ndi muto cyane ku buryo ntacyo ntashobora kumuhaza ku bijyanye n’akabariro”. Natekerezaga ko ubuzima bwacu bwari bwiza ariko mu mezi make ashize asa nk’uwataye icyizere’.

Akomeza avuga ko bakundanye kuva mu mashuri yisumbuye baza kubana, ikimubabaza ni uburyo amufata ari kwikinisha areba amafoto y’abandi bagabo, ati “Terefone ye yuzuyemo amashusho y’abagabo bafite ibitsina binini kandi nasanze hari abo bajya baganira ko bazahura bakaryamana. Njyewe nabuze icyo namubwira kuko nzi neza ko ntacyo mumarira ariko nkagira impungenge ko azansiga”.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Ibyo Knowless yivuzeho ku isabukuru ye y’amavuko.

Ibyabaye kuri uyu mukobwa washatse guterera ivi no kwambika impeta umukobwa mugenzi we ni agahomamunwa