in

Abaturage bafashe abajura bari barabajujubije maze babatwikira ku karubanda ari bazima bashya bumva – VIDEWO

Ku mbuga nkoranyambaga zitandukanye hari amashusho akomeje gucicikana agaragaza uburyo hari abaturage bo muri Tanzaniya bafashe ibisambo byari byarabajujubije maze babitwika ari bizimana.

Ni amashusho agaragara aba bajura bafashwe bari gutwikirwa kuri moto aho barwanaga no guhunga umuriro, ariko abaturage bari babakikije, bakabasunikira mu muriro kugira ngo bashye bumva.

Abenshi babonye ayo mashusho, banenze abo baturage kuko ibyo bakoze ari uguhonyora uburenganzira bw’ikiremwamuntu, doreko hari amategeko ya Leta ahana abajura.

https://twitter.com/zoomafrika1/status/1813932071087382697?t=GG1-FvPKfmilhe2nGSCljQ&s=19

 

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Umubare w’abakinnyi b’abanyamahanga bemerewe gukina muri shampiyona y’umupira w’amaguru mu Rwanda wongerewe

Ninde uzahagarika umunya-Serbia Darko Nović? APR FC yiyunyuguje Al Hilal iyisezerera muri CECAFA Kagame Cup ihita igera kuri final