in

Abasirikare b’Ubushinwa bategwa urushinge kugira ngo bagume bemye (Amafoto)

Abasirikare b’Ubushinwa bategwa urushinge mu ijoshi kugira ngo bataza kwinyeganyeza kwa hato na hato, aho baba bategetswe kuguma bahagaze hamwe batanyeganye.

Iyo bahagaze hamwe, bafata ku ikora ry’imyenda yabo bagashyiraho inshinge aho iyo utushije gato ukinyeganyeza ruhita rukujomba nta kuzuyaza.

Iyo uru rushinge ruba ruteganye n’ijosi ry’umusirikare rumujombye bimubera ibyago kuko ahanwa nk’uwangije amategeko amugenga yo guhagarara atinyeganyeza.

Written by OLIVIER NTANTURO

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ntakwiheba:umusore utagira urwasaya yarongoye umukobwa w’uburanga

Amafoto ateye ubwuzu ya couple y’abantu bagufi cyane ku Isi