in

Abaryamana bahuje ibitsina barasaba koroherezwa kujya babona udukingirizo ku buryo bworoshye

Abaryamana bahuje ibitsina bo mu Karere ka Musanze barasaba ko bakoroherezwa kubona udukingirizo kugira ngo birinde ubwandu bushya bwa Virusi itera Sida.

Nk’uko tubikesha Radiyo yitwa BB Fm Umwezi ikorera i Kigali, aba baryamana bahuje ibitsina ngo bagorwa no kubona udukingirizo igihe bagiye kwirwanaho.

Abaryamana bahuje ibitsina bavuga ko kubona agakingirizo ari ingume, ko ngo aho tuboneka ari mu maduka kandi bakaba batinya kujyayo ngo batahahurira nabo baziranye.

Ubuyozi bwa Karere ka Musanze bufatanyije n’ibigonderabuzima ngo bagiye gushyiraho uburyo byoroshye bwo kubona adukingirizo ku bantu bose batwifuza.

Written by OLIVIER NTANTURO

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umugore w’umusirimu aratabaza ashaka uwamutereta

Mimi yerekanye ibintu Meddy akorera umwana we tutari tuzi (video)