in

Abarimo umukinnyi wa APR FC benshi baba bemeza ko afite ubushobozi bwo gufasha ikipe y’igihugu birukanwe mu mwiherero w’ikipe y’igihugu y’u Rwanda Amavubi

Abarimo umukinnyi wa APR FC benshi baba bemeza ko afite ubushobozi bwo gufasha ikipe y’igihugu birukanwe mu mwiherero w’ikipe y’igihugu y’u Rwanda Amavubi

Ikipe y’igihugu y’u Rwanda Amavubi imaze igihe kigera ku cyumweru n’igice iri mu mwiherero yitegura imikino yo gushaka itike yo gukina imikino ya nyuma y’igikombe cy’isi ndetse ikaba yaramaze no gukina umukino wa mbere n’ikipe ya Zimbabwe inganya 0-0.

Muri uyu mwiherero umutoza amaze gusezerera abakinnyi bagiye batandukanye harimo Mugunga Yves ndetse na Iradukunda Eritatu birukanwe hakiri kare nta n’umukino n’umwe barakina.

Amakuru twamenye ni uko nyuma y’umukino wa mbere u Rwanda rwakinnye na Zimbabwe, abarimo Niyigena Clement, Nzeyirwanda Djihad, Mugiraneza Froduard ndetse n’abandi bakinnyi bamaze gukurwa mu bandi bakinnyi nyuma yo kubona ko ntacyo bahindura mu bijyanye n’imikinire.

Kuwa kabiri w’icyumweru gitaha u Rwanda ruzongera rukine undi mukino n’ikipe y’igihugu y’Afurika y’epfo. U Rwanda nyuma yo kunganya rurasabwa kugira icyo rukora kugirango haboneke intsinzi.

 

Written by Philcollens

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 784 798 373

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Abaturage baramubona bagafunga inzugi! Umusaza yateye muri karitsiye abaturange bose bamubonye amaguru bayabangira ingata abandi bifungirana mu nzu – videwo

Argentina ya Lionel Messi bayikubise bayiteruye maze Brazil idafite Neymar iririmba urwibonye