in

Abari mu rukundo gusa: dore uko bigenda iyo umuntu yumvise umuziki arimo gutera akabariro.

Umuziki uri mu bintu abantu hafi ya twese duhuriraho kandi ukaba kimwe mu bifasha mu kugaragaza amarangamutima yacu

Si ibyo gusa kuko umuziki unagira akamaro muri bimwe mu bikorwa byacu bya buri munsi, muri byo twanavuga imibonano mpuzabitsina.

Hano reka tukubwire ibintu bindi kumva umuziki byagufasha mu kuryoherwa no gukora neza imibonano

  • Kumva umuziki uri mu mibonano bikurinda gucika intege kuko bituma intekerezo zitajya ahandi mu gikorwa hagati ngo ube wayobya intekerezo.
  • Kumva umuziki ubwabyo bigabanya stress, ibi rero bikagira akamaro ko
  • kumva uruhutse bityo imibonano igakorwa neza
  • Kumva umuziki uri mu mibonano, bifasha imikaya yose gukorana kandi bigufasha kwita ku wo muri kumwe ukarushaho kuryoherwa.
  • Kumva umuziki uri mu mibonano biguha beat ugenderaho mu gikorwa, injyana aho ushobora kuvunira, kunyonga, gukunguta, byose ugendeye ku njyana y’umuziki uri kumva
  • Umuziki ugukuramo intekerezo mbi zakuzamo ndetse unatuma utita ku biri kubera ahakuzengurutse haba hafi yawe cyangwa hirya gato
    Ku badashyukwa byoroshye cyangwa mu gihe ushaka gukora akandi gaturu, umuziki uzagufasha kongera kugira ubushake vuba
    Bizamura amarangamutima bigatuma urangiza neza, ku mugabo no ku mugore

Gusa ntitwirengagije ko hariho abadakunda umuziki mu mibonano, bitewe n’impamvu zabo zitandukanye. Ariko niba wari utarabigerageza, ubutaha uzagerageze kubikora wumva akaziki ukunda bizagufasha.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

TOP 10 y’imijyi yo muri Afurika ifite isuku kurusha iyindi (Amafoto)

Umugabo yafashwe n’irari ubwo ikipe ye yatsindaga maze asomagurira umugore we imbere y’imbaga