in

Abaraho ibyishimo byari byose: Umuhanzi Juno Kizigenza yasusurukije abitabiriye ibirori by’ubukwe bwa Kimenyi Yves na Miss Muyango Claudine -AMASHUSHO

Abaraho ibyishimo byari byose: Umuhanzi Juno Kizigenza yasusurukije abitabiriye ibirori by’ubukwe bwa Kimenyi Yves na Miss Muyango Claudine.

Ku munsi w’ejo tariki 06 Mutarama 2024 nibwo umukinnyi w’ikipe y’igihugu y’u Rwanda Amavubi Kimenyi Yves ukinira ikipe ya AS Kigali yasezeranye imbere y’Imana n’umugore we Miss Uwase Muyango Claudine bafitanye umwana umwe w’umuhungu aho mu birori by’ubukwe bwabo basusurukijwe n’abahanzi bakomeye hano mu Rwanda barimo na Juno Kizigenza.

Amashusho:

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umujejetafaranga Kate Bashabe yafashije abana 660 abaha ibikoresho by’ishuri abandi yiyemeza kubishyurira

Iyo yababonaga yagiraga ihungabana rikomeye cyane ! Ese byagenze bite kugirango Scovia yisange arangurira ibicuruzwa mu maduka ya Kazungu