in

Abapasiteri barwaniye mu maturo habuze gica

Muri iyi minsi hari abasigaye bajya mu murimo wo gukorera Imana kugira ngo bajye bibonera amaturo kuko mu byukuri hari igihe ibyo baba bakora nabo baba batabyumva.

Mu majyaruguru mu itorero rya evangelical abapasiteri bagaragaje kutumvikana mu bibazo bishingiye cyane ku maturo ndetse n’agasuzuguro hagati y’abapasitori b’iryo dini.

Hari bamwe mu bapasiteri bashinjwe kunyereza umutungo w’itorero ndetse no gusuzugura naho abo bapasiteri bashinja umuyobozi wabo kuba adashoboye kuyobora kandi no mu rugo rwe byaramunaniye ndetse no kubabeshyera.

Aba bapasiteri bose banze kwegura nkuko babibasabye bavuga ko bazegura nyuma y’uko umuyobozi wabo nawe yeguye.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ibyavuzwe n’abafana ba Dorcas wo mu itsinda Vestine na Dorcas ku isabukuru y’amavuko ya Dorcas

Murungi Sabin wa Isimbi TV yerekanye umwana we w’imfura anamwifuriza isabukuru nziza y’amavuko