in

Abanyeshuri bose biga mu kigo cy’amashuri cya Heroes Integrated Technical Secondary School mu Ruhango bazindutse batoroka ikigo none bababuze

Abanyeshuri bose biga mu kigo cy’amashuri cya Heroes Integrated Technical Secondary School mu Ruhango bazindutse batoroka ikigo none bababuze.

Mu karere ka Ruhango, ubuyobozi bw’ikigo cy’amashuri cya Heroes Integrated Technical Secondary School buravuga ko abanyeshuri bose bakigaho batorotse mu rukerera rwo kuri uyu wa Gatatu.

Ni Nyuma yaho hari hashize iminsi kivugwamo ibibazo birimo no kudahemba abarimu bagahagarika akazi.

Hari hashize igihe aba banyeshuri batiga kuko abarimu babo batari bagikora akazi kabo kubera kudahembwa.

Aba banyeshuri babonye ko batagihabwa ibyabazanye aho, bahita bafata umwanzuro wo gutoroka icyo kigo bakigendera.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Hazashya! The Ben yemeye ihangana (battle) rye na Bruce Melodie ndetse avuga aho yifuza ko izabera ndetse asezeranya Abanyarwanda ikintu agiye kubakorera

Amashusho ya Valentine wamenyekanye nka Dorimbogo yagiye kwakira umuhanzi Mugisha Benjamin uzwi nka The Ben ku kibuga k’indege cya Kigali i Kanombe