in

Abanyeshuri ba Kaminuza izuba ryatangiye kubageramo hakiri kare

Nkuko benshi babyemeza, ni uko mu gihe cy’impeshyi abantu baba bafite ubuahyuhe ndetse bigatuma bakora amarorerwa, abanyeshuri ba kaminuza cyane cyane abakobwa izuba ryabagezemo hakiri kare.

Ni abanyeshuri biga muri Kampala University aho bivugwa ko hatakiri ku kigo gitanga uburezi ahubwo habaye mu ibagiro no mu isoko ricuruza abakobwa ku bagabo.

Ibi byazamuwe cyane ubwo babonaga abakobwa babiri bari basohokanwe  n’umugabo ubabyaye ndetse abakobwa bose bishimiye ko uwo mugabo yabasohokanye ndetse bakajya bavuga ko barimo gukorera amafaranga abantu barebera ko bazanakira bakibarebera.

Ababyeyi barerera kuri iyi kaminuza bahangayikishijwe n’uburere abana babo bazahakura nyuma y’uko bimenyekanye ko uburaya buca igikonje aho kuri iyo kaminuza.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Amakuru meza yihutirwa areba abakunzi ba filime bakunze Money Heist

《Umugabo wanjye yankubise imigeri mu nda umwana ntwite arapfa》ibyabaye kuri uyu mubyeyi ni agahinda(video)