in

Abanyamakurukazi bo mu Rwanda bakundwa n’abantu benshi kubera ubwiza bw’amajwi yabo (Amafoto)

Muri ya gahunda yo kubakorera inkuru zidasanzwe ndetse n’udushya kuri ubu twabahitiyemo kubakorera urutonde rw’abanyamakurukazi ba hano mu Rwanda bigaruriye imitima y’abantu benshi bakabagira abafana babo bitewe n’ubwiza bw’amajwi yabo. Mu gukora uru rutonde twahisemo abanyamakuru bakorera amaRadiyo azwi cyane ndetse anakurikirwa na benshi hano mu Rwanda.

6. Cyuzuzo Jeanne D’Arc (Kiss FM)

Ku mwanya wa 6 w’urutonde rwacu hari umunyamakuru Cyuzuzo Jeanne D’Arc akaba akorera Radio 102.3 KISS FM.

5. Claudette Nsengimana (Isango Star)

Ku mwanya wa 5 w’urutonde rwacu hari umunyamakuru Claudette Nsengimana ukorera Radio Isango star.

 

4. Antoinette Niyongira (Kiss FM)

Ku mwanya wa 4 hari umunyamakuru Antoinette Niyongira ukorera Radio 102.3 KISS FM.

3. Umuhire Rebecca (Royal FM)

Ku mwanya wa 3 hari Umuhire Rebecca akaba akorera Radio Royal FM.

2. Michèle Iradukunda (Magic FM)

Ku mwanya wa 2 w’urutonde rwacu hari Umunyamakuru Michèle Iradukunda (Michou) akaba akorera Radio Magic FM.

1. Sandrine Isheja Butera (Kiss FM)

Ku mwanya wa 1 w’urutonde rwacu hari umunyamakuru Sandrine Isheja Butera akaba akorera Radio 102,3 KISS FM.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ibyo Bahavu Janet yasubije ubwo bamubazaga igitsina cy’umwana atwite

Muyango na Kimenyi bagiriwe inama y’inshuro bakwiye kujya batera akabariro