in

Abanyaburayi aho bukera inzara irabahitana bamwe batangiye kugana Africa

Abantu benshi bakomoka i burayi batangiye kugira amakenga iu nzara ishobora kwigabiza uyu mugabane ikazengereza abantu dore ko ibimenyetso bidasiba kwigaragaza.

Mu myaka ya kera i burayi habaye amapfa memshi abantu barapfa babura amazi yo kunyea inzara iratera amazi arabura hasigara amabuye ku gasozi.

Kubera hari hasigaye amabuye i musozi, batangiye kujya bandikaho amatariki iyo nza irimo irabicira ndetse namayeri bakoreshaga kugira ngo buri wese amenye ko mugenzi we yabonye bucya inzara itamuhitanye.

Muri iyi minsi, ayo mabuye yari atwikiriwe n’amazi yongeye kujya hejuru abantu barayabona bahita bavuga ko icyo cyaba ari ikimenyetso cy’inzara dore ko Putin nawe yafatiye ibihano uburayi bwose.

Ubutumwa buruta ubundi muri ziriya nyandiko zo kumabuye ni ubwabonywe ku nkombe z’uruzi Elbe bwo mu 1616 bwanditse mu Kidage.

Bugira buti: “Numbona, urire”.

Kugeza ubu Iri ni “ibuye ry’inzara” ryamamaye by’umwihariko kuko rifite amatariki y’amapfa akabije aryanditseho.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Kabaye: Pasiteri yaciye ibintu hanze aha nyuma yo gufata umukiristu wanze gutanga icya cumi (video)

Umufasha wa Riderman yamubwiye amagambo akomeye nyuma y’imyaka 7 barushinze