in

Abantu bifashe ku munwa babonye umugore wiyubashye yibye ibintu mu iduka abikenyereraho(Video).

Ku mbuga nkoranyambaga abantu bifashe ku munwa ubwo babonaga umugore uri hagati y’imyaka 30 na 40 waguwe gitumo yibye ibintu mu iduka maze abikenyereraho imyenda ,maze ategekwa kubikuramo bamuhagarikiye.

Mu mashusho yavugishije abatari bake ku mbuga za interneti, uyu mugore yasabwe gukomeza gukuramo ibicuruzwa byose yari yibye ndetse byari byinshi cyane ,abantu barumirwa.

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umukobwa w’imyaka 18 yakoze ubukwe n’umugabo w’imyaka 61 wahoze ari umugabo wa nyina(AMAFOTO)

Birababaje: mu karere ka Rubavu umusaza yahiye arakongoka.