in

Abantu benshi batunguwe n’ubukwe bwa Rihanna na A$AP(Video)

Rihanna na Asap Rocky bagaragaye mu mashusho y’indirimbo bagaragara bakoze ubukwe ndetse benshi bibaza igihe babukoreye.Ni indirimbo yasohotse kuwa kane, tariki ya 5 Gicurasi 2022, yerekana Rocky asaba uyu muhanzikazi w’icyamamare ko yamubera uw’ubuziraherezo.

Uyu muhanzikazi ukomoka mu birwa bya Barbados, Rihanna uba witwikirije mu mwenda w’umutuku agaragara yemerera uyu muhanzi w’itegura kuba umubyeyi ngo ‘Yego’.

Kugeza ku musozo w’ayo mashusho y’indirimbo, hakomeza kugaragara itsinda ry’abantu barimo batera indabyo kuri ibi byamamare byerekana ko bashakanye, ibintu bisanzwe bimenyerewe ku bashyingiranywe, ubwo baba bagenda mu muhanda mu birori bya bakoze ubukwe.Ntibizwi neza niba aya mashusho ari uyubukwe bakoze cyangwa niba barayakoreye indirimbo mu buryo busanzwe.

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Amarenga abakobwa benshi bakora akajijisha abasore

Amafoto yo mu bihe bitandukanye agaragaza ubwiza n’uburanga bw’umukobwa wegukanye Miss Burundi