in

Abantu barindwi bagize umuryango bishwe batwikiwe mu nzu

Polisi ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, RDC yatangaje ko mu Mujyi wa Goma abantu barindwi bagize umuryango bishwe batwikiwe mu nzu.

Gusa abo bagizi ba nabi ntabwo bataramenyekana.

Abaturanyi b’uyu muryango uherereye mu gace ka Katoyi ho mu Mujyi wa Goma mu Burasirazuba bwa RDC, babwiye AFP ko ahagana saa tanu z’ijoro rishyira kuwa Mbere ari bwo inkongi yatangiye gufata inyubako y’uwo muryango nyuma bumva amajwi y’abantu bataka basaba ubufasha.

Aba batangabuhamya bavuze ko iyo nzu yari ifungiye inyuma, ni ukuvuga kwa kundi usiga ufunze inzu ukajya mu mirimo, nyamara imbere muri yo harimo umugabo n’umugore ndetse n’abana, kandi inzu iri gushya.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Mutesi Jolly ari guhatwa ibibazo nk’uri mu rukiko! Ameza y’ibibazo benshi bayerekeje kuri Mutesi Jolly kubera kuvuga ko ari gushaka ubutabera ku bakobwa kandi hari umukobwa wibwe imodoka yari yatsindiye mu irushanwa yateguye

Mu magambo akakaye cyane undi musore yibasiye bikomeye Mutesi Jolly n’abandi bakobwa