in

Abantu bakutse umutima: Mwuka yamutegetse kwica umuryango wose||dore ibyo yakoze.

Ni umugabo bivugwa ko ari umunyamasengesho ukomeye ndetse akaba yari asanzwe asenga cyane ndetse akiyiriza. Kuri ubu rero yateye abantu ubwoba ubwo basozaga amasengesho yo kwiyiriza hamwe n’umuryango we maze agahita avuga ko mwuka yamutegetse kwica umuryango we.

Uyu mugabo witwa Leo Kanyimo akomoka muri Zimbabwe ,abasengana na we bavuga ko yakundaga gusenga cyane ndetse nabantu bose bakomoka mu gace kamwe na we bsmuzi nkumunyamasengesho.

Gusa mu buryo bwateye benshi gukuka imitima ni uko yijanditse mu bwicanyi yica umugore we n’abana babo babiri nyuma yo gusoza amasengesho bari bamazemo iminsi.Umwe mu baturanyi buyu mugabo yavuze ko umwe mu bana be yari amaze iminsi yarafashwe namadaimoni ,uyu mugabo akibimenya akaba yarahise afata umwanzuro wo gufata igihe kirekire asengana n’umuryango we.Nyamara ibintu byaje guhindura isura ubwo amasengesho yageraga ku musozo maze uyu mugabo agasa nkuri kurota ndetse nimyuka itangira kumuvugiramo.

Ibi byatumye ahita asimbukira umugore n’abakobwa babo babiri arakubita kugeza bashizemo umwuka.Cyakora umwe mu bandi bana bafite yaracitse ariko abo bari basinziriye yahise abica

Uyu mugabo yahise atabwa muri yombi aho arimo gukorwaho iperereza gusa benshi baribaza icyatumye yica umuryango we.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Slay Queen yazamuye imyenda akorera ibiteye isoni ku murambo w’umusore wari mu isanduku abantu bifata ku munwa(reba amashusho)

Emmy yakoresheje video arimo kubyinana na Mama we maze amwifuriza isabukuru nziza (video)