in , ,

Abantu bakomeje gutangazwa n’umugore ufite amabere manini cyane ku isi (Amafoto)

Umugore ufite agahogo kuba ariwe ufite amabere mabini ku is yatangaje uko bimeze kuri we, n’uko ubuzima bwe bumeze nk’umugore ufite amabere manini ku is.

Annie Hawkins-Tunner yavuzeko buri gihe abantu baba bamushungera bashaka kumureba ndetse abagabo bamwe na bamwe baba babona Ari nkibitangaza bari kureba.

Umubyeyi w’abana babiri utuye mu mujyi wa Georgia niwe ufite agahigo ka Guinness World Record kubera amabere ye manini aho apima ibiro birenga 24 rimwe rimwe.

Annie yatangiye gukura amabere ubwo yari afite imyaka itanu gusa, ku myaka icyenda yarafite amabere manini ndetse asigaye ari iciro ry’imigani mu bantu.

“Iyo nsohotse mu nzu mba gomba gutekereza uko umunsi wange uri bugenda, nkatekereza nti ese noneho ninde uri bunyatake iyu munsi” ibi yabitangaje igihe yari mu kiganiro kuri Televiziyo.

Reba amwe mu mafoto y’uyu mugore

Written by Social Mula

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Nyuma yo kumenyekana ko umusore yaryamanye n’umukunzi w’abandi yahise yitabaza Mobile Money

Bijoux yagiranye ibihe byiza n’umugabo we ubwo yaramuherekeje asubiye mu mahanga (video)