in

Abantu 250 batabariwe mu nyanja bajya i burayi

Abantu bujujwe n’ibyishimo ubwo bumvaga ko abantu barenga 250 harimo n’umuhanzi ukomoka muri Senegal batabawe bagiye kugwa mu nyanja ya Mediterrane.

Abasirikare ba Tuniziya Batabaye Abimukira Barenga 250 muri Mediterane bageragezaga kwambukiranya iyi Nyanja bashaka guhungira ku mugabane w’uburayi.

Aba bantu byavuzwe ko harimo n’umuhanzi wo muri Senegal nawe wari wagiye muri ubu bwato hanyuma bakaza gutabarwa n’abasirikare ba Tunisia ubwo bari bagiye kurohama.

Abantu bakomeje gukomeza kugenda bishora mu nyanja bashaka kujya hanze ya Africa bakerekeza i burayi bikaba bituma bishyira ubuzima bwabo mu kaga.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umugabo yataye ubwenge amenye ko umugore we ari we nyir’ibyondo

Amafoto: Miss Nishimwe Naomi n’abavandimwe be batumye abantu bacika ururondogoro