in

“Abana ubwabo nabo ni ibikombe byigendera” Umunyamakuru Rugaju Reagan yarabije indimi nyuma yo kubona ibitomati by’umutoza Pep Guardiola (ifoto)

Umunyamakuru ukomeye cyane hano mu Rwanda Rugaju Reagan yabonye abakobwa b’umutoza Pep Guardiola bifitiye ubwiza budasanzwe maze nawe ntiyaripfana.

Reagan uzwiho gukunda cyane umutoza Guardiola abinyujije ku rubuga rwa Instagram yashyizeho ifoto ya Pep Guardiola ari kumwe n’abana be babiri b’abakobwa beza cyane maze mu magambo ye agira ati:” Bamwita Pep Guardiola abana ubwabo nabo ni ibikombe byigendera”.

Ibi Rugaju yabitangaje nyuma y’aho ikipe ya Manchester City imeze neza cyane muri iyi minsi yegukanye igikombe cya shampiyona y’igihugu cy’Ubwongereza Premier League yikurikiranya ndetse ikaba iriguhabwa amahirwe ya 90% yo kwegukana igikombe cya Uaefa Champions League itarakozaho imitwe y’intoki.

Dore ifoto yatumye Reagan Rugaju amira amazi:

Amwe mu magambo abamukurikira kuri Instagram bagiye bavuga:

 

 

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

“Kubabara ndabirambiwe ikimpuza na Kiyovu cyose sinkishaka” Umuyovu wagaragaye atwika ijezi ya Kiyovu anivugisha amagambo yuzuyemo uburakari akomeje kurikoroza(Videwo)

Burya n’insengero ni bizinesi, gusa amaturo azarikora! Umu pastor yatungurange ubwo yakaga umusore akayabo k’amafaranga angana nayo batanze bajya ku murogesha kugirango azakizwe (Amashusho)