in

Abakuze gusa! Amasaha meza cyane yo gutera akabariro mu gitondo

Abemerewe gutera akabariro bagirwa inama yo kugatera mu gitondo kuko bifite umumaro ukomeye ku buzima bw’umuntu nko Kwirirwana akanyamuneza, kurinda umutima, kwishima ndetse n’ibindi.

Rero nyuma y’izo nama hari abibaza amasaha meza yo gutera akabariro mu gitondo. Muri iyi nkuru tugiye kukwereka amasaha meza.

Abashakanye bifuje gutera akabariro bagirwa inama yo kubikora hagati ya saa kumi n’igihe na saa kumi n’ebyiri z’igitondo mu gihe aba bombi bari bujye mu kazi. Impamvu ayo masaha ni uko haba harimo akanya ko kiruhuko no kwisukura mbere yo kujya mu mirimo ya buri munsi.

Ku munsi abashakanye badafite akazi kuri uwo munsi, bagirwa inama yo kubikora hagati ya saa kumi n’ebyiri na saa moya mbere y’uko izuba riva.

 

Written by OLIVIER NTANTURO

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ngaya amafoto agaragaza uburanga budasanzwe bwa Kelia Ruzindana bivugwa ko ari mu rukundo na Elements Eleeh

Byose hanze! Dore amafoto y’urukozasoni Dabijou yashyize hanze