in

Abakunzi b’agasembuye bakomeje kubabazwa n’izamuka ry’igiciro cya Mitsingi

Abakunzi ba gasembuye bakomeje kubabazwa n’izamuka ry’ibiciro kuri mitzing aho umwe muri bo yandikiye urwego rw’igihugu rushinzwe igenzura ku bicuruzwa.

Umwe yagize ati ni gute Mitzing igura 1300 muri boutique murebera koko! Ntabwo Bralirwa ikiye kuba irebera ngo namwe murebere kuko birazwi. Mugire icyo mukora kbsa.

Ibiciro bikomeje kuzamuka umunsi ku wundi aho usanga buri boutique y’i kigali igurisha uko ishaka dore ko mitzing iri mu bwoko benshi bakunze gufataho.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Kabaye: umugabo yamatanye n’umugore wubatse ubwo barimo gutera akabariro (Video)

Musore|Mugabo : Uko wahangana n’ibiheri byo mu bwanwa n’imiburu muri rusange