in

Abakora umwuga w’uburaya bakomeje kuzamura ibiciro nk’uko ku isoko bikomeje kuzamuka

Ibiciro ku isoko bikomeje kuzamuka bityo rero abantu bahembwa ku kwezi umushahara wabo nawo hari aho uri kongerwa gusa abasanzwe bakora umwuga w’uburaya nabo ntubasigaye inyuma kuko batangiye kuzamura ibiciro ku bagabo bifuza kuryamana nabo

Abakora umwuga bo mu gihugu cy’u Burundi mu ntara ya Ngozi na Kayanza bavuga ko igiciro ntarengwa bishyurwa n’abagabo babasambanya, kigomba kuba kiri hejuru y’amafaranga ibihumbi bitanu by’amarundi.

Izi ndaya zivuga ko nta mugabo ubasambanya ushobora kubishyura amafaranga ari munsi y’ibihumbi  5000  by’amarundi ngo bayemere, bitewe n’uko ibiciro ku isoko byazamutse.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Inkuru y’agahinda ku munyamakuru Yago

Nta guca ku ruhande wa mukobwa wakundanaga na Yvan Buravan yasubije umufana we wamubajije impano afite