in ,

Abakobwa b’ibizungerezi b’I Kigali bahishuye impamvu bakunda The Ben na Meddy

Abahanzi Ngabo Medard Jobbert uzwi ku izina ry’ubuhanzi nka Meddy ndetse na Mugisha Benjamin uzwi ku izina rya The Ben ni bamwe mu bahanzi nyarwanda bakunzwe n’imbaga nyamwinshi y’abakobwa hirya no hino ku isi. Abantu benshi bakomeje kugenda bibaza impamvu bano bahanzi bakunzwe cyane kurusha abandi binatuma aho bakoreye ibitaramo haboneka umubare munini w’abafana biganjemo ab’igitsina gore. Twaganiriye na bamwe mu bafana b’aba basore baduhishurira amwe mu mabanga bakundira bano basore b’abanyarwanda.

Nkuko bamwe mu bafana ba The Ben na Meddy babitangarije YEGOB, bavuze ko impamvu nyamukuru bakunda aba bahanzi ariko uko bafite igikundiro ndetse bakaba ari n’abasore b’ibigango ibi bikunze gushitura bamwe mu bakobwa hirya no hino ku isi. Bongeyeho kandi ko aba basore ari abahanga mu miririmbire ndetse bakaba bakundirwa uburyo bategura ndetse bakanagaragara ku rubyiniro (stage performance).

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Undi mukobwa ubaye uwa 3 wikurikiranya yemeje neza akoresheje IFOTO yavugishije benshi ko uyu mukinnyi ukomeye mu Bwongereza ariwe ufite ubugabo burebure kw’isi

Perezida George Bush:Nguku uko gukora ku kibuno cy’umugore utari uwe byari bimukozeho