in

NdabikunzeNdabikunze NdababayeNdababaye NDASETSENDASETSE

Abakobwa baryamanye na we bazi ko ari Messi bararirira mu myotsi.

Abakobwa batandukanye bakomeje gutanga ubuhamya bwabo bavuga uburyo baryamanye nuyu mugabo witwa Reza Parastesh ,baziko ari Lionel Messi wamamaye muri FC Barcelona kuri ubu wibereye muri PSG.

Reza Parastesh ni umugabo wo muri Iran wabaye icyamamare kuko aho yanyuraga hose abantu bamwuzuragaho bazi ko babonye Lionel Messi wubakiye izina rikomeye mu ikipe ya Barcelona yakuriyemo ubu akaba asigaye akinira mu Bufaransa mu ikipe ya PSG. Reza Parastesh yatangiye gutungurana nyirizina muri 2016-2017.

Mu mwaka umwe gusa, Reza Parastesh yari amaze kuryamana n’abakobwa beza b’uburanga muri Iran basaga 24. Aba bakobwa bose ntabwo bari bazi amakuru ya nyayo, bari bazi ko ari Lionel Messi baryamanye nawe, kandi byahe byo karya. Uyu musore nawe yitwara nka Messi, akambara n’imyenda Messi yambara mu kibuga, umusatsi n’ubwanwa, indeshyo n’isura asa na Messi.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ijambo rya mbere Miss Grace Bahati avuze nyuma y’ubukwe bwe.

Mukobwa, niyo wakora iki ,izi ngeso ntiwazihindura ku mukunzi wawe.