in

Abakinnyi bakomeye mu bwongereza bagaragaye batwitse akabyiniro (Amafoto)

Umuholandi Virgil van Dijk ukina nka myugariro wa Liverpool n’umubiligi Kevin De Bruyne ukina hagati asatira muri Manchester City bagaragaye mu kabyiniro k’i Ibiza aho barikumwe  n’umu Dj w’umunya-Scotland Calvin Harris.

Benshi mu bakinnyi bakomeje ibiruhuko nubwo hari amakipe yatangiye imyitozo nka Arsenal na Manchester United ikomeje kwiyubaka.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Rwanda: umugore yagiye kwa muganga basanga amaraso ye yuzuyemo inzoga gusa(Video)

Ubwanwa bw’umuhanzi Platini Nemeye bwatangaje abarimo Alliah Cool (video)