in

NdabikunzeNdabikunze

Abageni bakoze agashya bakora ubukwe budasanzwe bwitabiriwe n’abantu babiri gusa (AMAFOTO)

Couple ikomeje guca ibintu ku mbuga nkoranyambaga nyuma yo gukora ubukwe bwitabiriwe n’abantu babiri gusa.Bivugwa ko aba bageni bakomoka muri Ghana ngo ntibashatse kwirushya bakora ubukwe buhambaye ndetse bubasaba amafaranga menshi maze bahitamo gutumira abantu bake ,ndetse n’imyambarire yabo yari iciriritse.

Ukurikije amafoto yasakaye kuri interineti, aba bageni ntibigeze bakoresha ubukwe buhenze ,bagaragaye basezerana imbere y’amategeko, ndetse ntihagaragajwe niba bagize igihe cyo kwiyakira cyangwa niba bahise bitahira.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
1 Comment
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments
James
James
2 years ago

Ubundi se usibye ibyateye ngo ni ugutwika! Utumye abo ubasha kwakira cg ugakoresha ibijyanye n’ubushobozi Bwawe bitwaye iki!? Ikica abantu ni ukwigana abandi cg gushaka kugaragara meza no gushimisha abantu.

Ibyo Umugore wa Safi Madiba yakoreye umuntu wamubwiye ko ari mubi (video)

Inzu ndende mu mugi wa Kigali barayigurukije muri Video.