in

Abafashe telefone za “macye macye” basigaye bashyira amafaranga kuri konte zabo bwacya bakayabura, kandi baramaze kwishyura

Abafashe telefone za “macye macye” basigaye bashyira amafaranga kuri konte zabo bwacya bakayabura, kandi baramaze kwishyura

Mu minsi ya shize bamwe mu baturage bagiye bafata telefone za macye macye zazanywe na MTN, bazindukiye ku cyicaro kibishinzwe bajya guteza ingaru.

Ni nyuma yuko aba bantu bataka ko bamaze kwishyura ideni bayirimo ariko ikaba ikomeza kugenda iboroka (ifunga) telefone zabo ntayindi mpamvu ihari.

Ngo si ibyo gusa kuko bavuga ko basigaye bashyira amafaranga kuri konte zabo bwacya bakayabura kandi baramaze kwishyura ideni ryizo telefone.

Ndetse igitangaje ngo ntibatwara make kuko ushobora no gusigaho ibihumbi 200 bugacya atariho.

MTN ivuga ko iki kibazo cyabayeho ariko ko ubu cyamaze gucyemurwa. Ni mu gihe abaturage bo barekarama gusubizwa ayabo.

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
1 Comment
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments
Theoneste
Theoneste
7 months ago

Uyu company yazanye Macye macye rwose leta izateremo itoroshi pe kuko ifite ibintu bidasobanutse ppp

“Ubuse hari umuntu utaziko 7+1=8?” Kiyovu Sports yageneye ubutumwa buhabura Rayon Sports habura amasaha 24 ngo besurane – AMAFOTO

Ntabwo akiri ingaragu! Umunyamakuru w’imikino kuri RBA yakoze ubukwe n’umukunzi we yatoranyije mu bandi – AMAFOTO