in

Ababyeyi bari aba kera! Umugabo ari gushakishwa nyuma yo guha uruhinja ikiyobyabwenge cya Marijuana (Videwo)

Umuvugizi w’igipolisi cya Nijeriya, CSP Olumuyiwa Adejobi, yavuze ko abapolisi bari gushakisha umugabo wagaragaye mu mashusho ari guha umwana we ikiyibyabwenge cya Marijuana.

Iyi videwo yagaragaye ku mbuga nkoranyambaga kuwa mbere 9 Mutarama, aho benshi bamaganye uyu mugabo.

Adejobi yagize icyo avuga abinyujije ku rubuga rwe rwa Twitter; ati: ” Buri wese muri twe ashobora kongera kubona ibi. Yabonye ate umwana? Umuhungu we? Cyangwa mwishywa cyangwa mubyara? Ibyo aribyo byose, ababyeyi bagomba kwigira kuri ibi, ntugashyire uruhinja mu maboko mabi. Ntabwo abantu bose bashobora kurera cyangwa kwita ku ruhinja. Dukeneye amakuru menshi kuri we.

Yakomeje agira ati: “Agomba guhanwa nkuko amategeko abiteganya. Ibi ni bibi cyane. Ariko ikiruta byose, ababyeyi bagomba kubyigiraho kurera.”

Videwo

https://twitter.com/IkeokwuChidozie/status/1612699806337740806?t=zORk8-boeTgtaU0S-OOIkQ&s=19

Written by GUTER

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Amafoto; Umusore n’inkumi bagaragaye bari gutera akabariro mu idirishya ry’icyumba cya Hoteli

Aho yaciye ntihaca urwango, Judithe wahoze ari umugore wa Safi Madiba yerekanye ko akimuhozaho agatima