ISIMBIZidane avuga ko bafite amahirwe ku gikombe cya Shampiyona
Kapiteni w'ikipe ya Police FC, Nsabimana Eric Zidane yavuze ko ikipe ye nayo igomba gushyirwa mu makipe ahabwa amahirwe ku gikombe cya Shampiyona ya 2026-27. Ibi yabigarutseho aganira n'ikinyamakuru ISIMBI nyuma y'uko bari bamaze gutsindwa na Kiyovu Sports ikabatwara igikombe kiruta ibindi cya Super Cup. Zidane yavuze ko amahirwe ku gikombe cya Shampiyona ya 2026-27 ahari, icyo ikipe iba isabwa ari ukubara imibare yayo gusa. Ati "Mu Rwanda biba bishoboka. I Nyarugenge biba bishoboka, (…) - Siporo / Latestnews