Nyaruguru: Urubyiruko rwasabwe kwirinda ubusinzi n’ibiyobyabwenge
Mu Karere ka Nyaruguru, mu Murenge wa Ruheru, Polisi y’u Rwanda n’izindi nzego basabye ababyeyi kwita ku burere bw’abana naho urubyiruko rusabwa kwirinda uburara, ubuzererezi, ubusinzi, ubwomanzi n’ubujura, ahubwo bakagira imyitwarire, imitekerereze n’imyumvire bizima bigamije kwirinda no gukumira ibyaha. Ubu butumwa bwatanzwe mu muganda rusange wabereye mu Murenge wa Ruheru, aho abaturage muri rusange bibukijwe […]






