UMUSEKEAbacukura amabuye y’agaciro bagiye kujya basabwa ingwate ishyitse
Minisiteri y’Ibidukikije itangaza ko ba rwiyemezamirimo mbere yo gutangira ubucukuzi, ikigo cyangwa ugiye kubukora atanga ingwate ya 2% by’agaciro k’umushinga kugira ngo hasibwe ibinogo byatewe n’ubwo bucukuzi. Itegeko No 072/2024 ryo kuwa 26 Kamena 2024 rigenga ubucukuzi bw’amabuye, rivuga ko ibi bikorwa, bikorwa gusa n’umuntu wabiherewe uruhushya nk’uko biteganywa n’iri tegeko. Iri tegeko rivuga ko […]