in

Burya ngo Umusore ugiye gusezerana na Fofo wo muri Papa Sava si umwe muzi, shira amatsiko

Niyomubyeyi Noëlla wamamaye nka Fofo muri filime ya Papa Sava yamamaye muri sinema nyarwanda, yashyize hanze integuza y’ubukwe bwe muri Kamena uyu mwaka ariko ntiyerekana umusore bagiye kurushinga.

Fofo azarushinga tariki 02 Ukwakira 2022, aho byavugwaga ko agiye kurushinga n’umusore usanzwe ari umuhanzi witwa Paterne ukomoka mu Gihugu cy’u Burundi ariko uba muri Leta Zunze Ubumwe za America.

Kuri ubu amakuru ahari ni uko Fofo agiye kurushinga n’umusore witwa Daniel Niyigena, utagize aho ahuriye n’imyidagaduro mu Rwanda.

 

Written by GUTER

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
1 Comment
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments
Gasore samuel
Gasore samuel
1 year ago

Iyi nkuru nyifiteho amakuru Ari hejuru ya 60%

« Ndagukunda birenze uko amagambo yabisobanura » – Usengimana Faustin yongeye gushimangira urukundo akunda umufasha we

Video: Umugore yavuze impamvu iteye ubwoba umugabo we atazigera amuca inyuma