in

13 bahise bahasiga ubuzima! Habaye impanuka ikomeye cyane, inzu ndende cyane yaguye ihitana abantu bitewe n’umuntu umwe gusa

13 bahise bahasiga ubuzima! Habaye impanuka ikomeye cyane, inzu ndende cyane yaguye ihitana abantu bitewe n’umuntu umwe gusa.

Mu mujyi wa Cairo, mu gihugu cya Egypt (Misiri), inzu yaguye ihitana 13 abandi barakomereka bikabije.

Iyi nzu yaguye ku munsi wo kuwa mbere, nkuko polisi yo muri uyu mujyi yabitanje. Ndetse polisi yatangaje ko kugwa kw’iyi nzu byatewe n’umushoramari washatse gukata inkuta z’inzu ye ngo ayivugurure.

Polisi ivuga ko gukata izi nkuta byakozwe mu buryo butari ubw’umwuga, ndetse uyu mugabo yahise atabwa muri yombi, ubu hari gukorwa irindi perereza ryimbitse.

Umuyobozi w’umujyi yatangaje ko hagiye gutangwa indishyi y’akababaro ingana n’ibihumbi 60000 by’ama Egyptian ku miryango 13 yabuze ababo, aya angana na million 2 z’amanyarwanda.

 

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Mu ibyishimo byinshi cyane umutoza wa Rayon Sports yamaze kugera hano mu Rwanda [ Amafoto]

Yewe si mu Rwanda gusa biba! Ariana Grande yahanye divoruse itangaje n’umugabo we bamaranye igihe gito cyane