Sign in

YEGOBNews from Rwanda, Africa and the world

Today's feed

Latest news

12 August 2026
ISIMBI

Uko ibiciro by'igitaramo cya Richard Nick Ngendahayo na Adrien Misigaro bihagaze

Amatike y'igitaramo cy'abahanzi bo kuramya no guhimbaza Imana, Richard Nick Ngendahayo na Adrien Misigaro kizabera muri Australia, yamaze kujya ku isoko. Iki gitaramo cyateguwe na African Gospel Echoes kizabera mu Mujyi itatu yo muri Australia, tariki ya 12 Nzeri 2026 mu mujyi wa Brisbane, tariki ya 19 Nzeri 2026 mu mujyi wa Melbourne na tariki ya 26 Nzeri 2026 mu mujyi wa Sydney. Kugeza ubu kugura itike mbere y'igitaramo ni amadolari 75 ahasanzwe mu gihe mu myanya y'icyuhahiro (VIP) (…) - Siporo / Latestnews

ISIMBI

Amarangamutima ya Mangwende nyuma yo kubona ikipe nshya

Mu magambo make Imanishimwe Emmanuel Mangwende nyuma yo gusinyira ikipe nshya mu Buhinde, yavuze ko afite ingamba nshya. Ku wa Mbere w'iki cyumweru nibwo ikipe ya Chennaiyin FC yo mu cyiciro cya mbere mu Buhinde yahaye ikaze myugariro w'umunyarwanda, Imanishimwe Emmanuel Mangwende. Uyu mukinnyi ukina yugarira ku ruhande rw'ibumoso, abinyujije ku mbuga nkoranyambaga ze yagize ati "Intambwe nshya, urwibutso rushya, ingamba nshya. Twagiye." Imanishimwe Emmanuel akaba yerekeje muri iyi (…) - Siporo / Latestnews

ISIMBI

Umukinnyi yajyanywe muri 'Morgue' ari munzima

Umukinnyi w'Umunya-Nigeria, ukinira Katsina United, Ozor Chinedu yajyanywe mu buruhukiro bw'ibitaro (Morgue) ari muzima. Ni nyuma y'uko aguye mu kibuga akajyanwa kwa muganga bakemeza ko yapfuye kandi akiri muzima. Byabaye ejo hashize ku wa Kabiri, Katsina United yakinnye umukino wa gicuti na Niger Tornadoes FC mu rwego rwo kwitegura umwaka w'imikino wa 2026-27. Uyu mukinnyi usanzwe ukina nka myugariro wo ku ruhande rw'uburyo, yagize ikibazo yitura hasi yihutanwa ku bitaro bya K-Dara (…) - Siporo / Latestnews