in ,

Young Grace ati :”Umusore wanteye inda naramuhuzwe niyo yagira ate ntitwasubirana”

Umuhanazikazi Young Grace wamenyekanye cyane mu njyana ya HipHop hano mu Rwanda yatangajeko nta rukundo naruke agifitiye umusore wamuteye inda ndetse akaba ari na se w’umukobwa we ariwe Rwabuhihi Hubert [Piqué].

Mu kiganiro yagiranye n’ikinyamakuru Isimbi, Young Grace akaba yagarutse ku bibazo bitandukanye abakobwa babyara batarashaka bahura nabyo, aho avugako asanga ari ibintu bigoye kuko uba ugomba gukora ibintu byakagombye gukorwa n’abantu babiri.

Young Grace akaba yaje gutangazako igihe yari atwite aribwo yahuzwe umusore babyaranye ariwe Pique ndetse ko ubu niyo wagira ute adashobora kongera kumukunda nabusa.

Young Grace yibarutse umwana we w’imfura  tariki 24 Kanama 2019

 

Written by

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Musore niba ufite imwe muri iyi myitwarire umenye ko kubona umugore bizakugora

Ibyo umukobwa wa Michael Jackson yakoze ntibyishimiwe n’abafana be.