in

Yishe umugore we n’umwana nawe ariyahura

Umugabo wo muri Afurika y’Epfo, Hilton van Zyl, yarashe umugore we n’umukobwa we nawe ahita yiyahura

Iraswa ryabaye mu rukerera rwo ku cyumweru, tariki ya 25 Nzeri 2022, i Kuilsriver, Cape Town.

Abarashwe ni Annastasia van Zyl w’imyaka 44 na Cassidy van Zyl w’imyaka 15. Umuhungu we w’imyaka 23 yarokotse icyo gitero abasha guhunga.

Bavuga ko uyu mugabo yakoraga mu ruganda rukora ibyuma muri Blackheath, mu gihe umugore we y’ikoreraga.

tariki ya 25 Nzeri 2022. Aba polici Bageze aho byabereye, basanga umugabo ufite imyaka 48, umugore ufite imyaka44, n’umukobwa ufite imyaka 15 bombi barasiwe igihe kimwe.

byatunguye abaturage  kuko bose bateraniye imbere y’urugo, barira.

Umuhungu wo muri urwo rugo warokotse icyo gitero yahungiye mu rugo rw’umuturanyi mbere yo kujya kwa bene wabo bari hafi y’aho ubwo bwicanyi bwabereye

wo musore kandi ubwo yahungaga niwe wabashije guha police amakuru y’iryo raswa

Uyu muhungu warokotse ubwo bwicanyi Yajyanywe mu bitaro bya Netcare kuvurwa kubera ihungabana yagize.

 

Written by OLIVIER NTANTURO

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ikipe y’igihugu y’u Rwanda Amavubi y’abatarengeje imyaka 23 akoze ibitangaza byaherukaga kera

Ese waruzi ibyabaye kuri Erling Brout Haaland k’umunsi wa mbere atereta umukobwa ?